institutional access

You are connecting from
Lake Geneva Public Library,
please login or register to take advantage of your institution's Ground News Plan.

Published loading...Updated

I Nyabisindu Hagiye Kubakwa Inzu Zizakura Mu Kajagari Imiryango Myinshi

Summary by UMUSEKE
Umujyi wa Kigali watangaje ko i Nyabisindu mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera hagiye gukomeza umushinga uzasiga imiryango 1600 yari ituye mu buryo bw'akajagari yimurirwa mu nzu zijyanye n'igihe. Ni ibikubiye mu itangazo Umujyi wa Kigali washyize hanze aho wavuze ko Guverinoma y'u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri Y'ibikorwa Remezo n'Umujyi wa Kigali igiye gukomeza umushinga wo kuvugurura no kunoza imiturire aho i Nyabisindu. Rivuga ko mu K…
DisclaimerThis story is only covered by news sources that have yet to be evaluated by the independent media monitoring agencies we use to assess the quality and reliability of news outlets on our platform. Learn more here.

Bias Distribution

  • There is no tracked Bias information for the sources covering this story.
Factuality

To view factuality data please Upgrade to Premium

Ownership

To view ownership data please Upgrade to Vantage

UMUSEKE broke the news in on Friday, May 23, 2025.
Sources are mostly out of (0)