Biciye muri Komisiyo Ishinzwe Tekiniki n'Iterambere rya Ruhago mu Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, iri Shyirahamwe ryashyize umucyo ku biherutse kuvugwa ku batoza babiri barimo Ndayishimiye Eric 'Bakame.' Mu minsi ishize ubwo hatangizwaga imyitozo y'ingimbi zitarengeje imyaka 17 ziri kwitegura CECAFA izabera i Kigali, mu batoza baytangije, harimo babiri baje kuva mu mwiherero. Does […]
This story is only covered by news sources that have yet to be evaluated by the independent media monitoring agencies we use to assess the quality and reliability of news outlets on our platform. Learn more here.
Biciye muri Komisiyo Ishinzwe Tekiniki n'Iterambere rya Ruhago mu Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, iri Shyirahamwe ryashyize umucyo ku biherutse kuvugwa ku batoza babiri barimo Ndayishimiye Eric 'Bakame.' Mu minsi ishize ubwo hatangizwaga imyitozo y'ingimbi zitarengeje imyaka 17 ziri kwitegura CECAFA izabera i Kigali, mu batoza baytangije, harimo babiri baje kuva mu mwiherero. Does […]