Amajyepfo: Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo iravuga ko ikomeje ibikorwa byo guca burundu ibinyobwa bitujuje ubuziranenge, ariko ko hari bamwe bagikomeje kubihisha kugira ngo bitamenyekana. Polisi ivuga ko mu bikorwa byo kubikumira no kubirwanya hari bamwe bagenda batahurwa, aho kugeza ubu abagera kuri 12 bakurikiranweho ibikorwa byo guhisha cyangwa gukomeza kugira uruhare mu icuruzwa […]
This story is only covered by news sources that have yet to be evaluated by the independent media monitoring agencies we use to assess the quality and reliability of news outlets on our platform. Learn more here.